“Inzego z’umutekano dufite nizo nahoze nifuza.”Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yashimangiye ko ingabo z’u Rwanda ndetse n’izindi nzego z’umutekano u Rwanda rufite arizo yahoze yifuza. Ni mu butumwa busoza umwaka yageneye ...
“Aho bahirika ubutegetsi 90% haba hari ibigenda nabi” Perezida Kagame
Mu kiganiro Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiranye n’abanyamakuru kuwa 27 Ugushyingo 2025 yabajijwe icyo avuga ku mpamvu zituma hirya no hino muri Afurika hakomeje kumvikana ihirikwa ry’ubutegetsi. Yemeza ko aho abaturage bahitamo guhirika ubuteget ...
“Abanyarwanda 98.1% bemeje ko bahagarariwe mu nzego zifata ibyemezo” MINUBUMWE
Mu ihuriro rya 18 ry’umuryango Unity Club Intwararumuri, Ministeri y’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano moberagihugu MINUBUMWE yamuritse ubushakashatsi bugaragaza igipimo cy’ubumwe n’ubudaheranwa bw’abanyarwanda ...



