Umunyamabanga mukuru wa PDC yashimye imyitwarire y’ urubyiruko n’abagore muri Politiki
Mu nama yahuje abahagarariye imitwe ya Politiki iri mu ihuriro nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda kuwa 10 Nzeri 2025 hamurikwa ibyavuye mu bushakashatsi bwakozwe ku kamaro k’ishuri ry’urubyiruko n’abagore ...
Perezida wa PDC yahanuye abitegura gushinga ingo
Mu butumwa yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X Hon Mukabaranga Agnes Perezida w’ishyaka riharanira demokarasi ihuza abanyarwanda (PDC) yibukije abitegura gushinga ingo ko atari icyemezo cyo gufata utaragitekerejeho neza. Anabigereranya n’ ...
Ibyo kuzirikana muri gahunda ya guverinoma y’imyaka 5
Ingingo ya 119 y’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda iteganya ko Minisitri w’intebe ashyikiriza inteko gahunda ya Guverinoma bitarenze iminsi 30 atangiye imirimo ye. Kuwa 12 Kanama 2025 Minisitri w’intebe Dr Justin NSENGIYUMVA yagejeje ku bagize gu ...