“Aho bahirika ubutegetsi 90% haba hari ibigenda nabi” Perezida Kagame
Mu kiganiro Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiranye n’abanyamakuru kuwa 27 Ugushyingo 2025 yabajijwe icyo avuga ku mpamvu zituma hirya no hino muri Afurika hakomeje kumvikana ihirikwa ry’ubutegetsi. Yemeza ko…