“Aho bahirika ubutegetsi 90% haba hari ibigenda nabi” Perezida Kagame


Mu kiganiro Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiranye n’abanyamakuru kuwa 27 Ugushyingo 2025 yabajijwe icyo avuga ku mpamvu zituma hirya no hino muri Afurika hakomeje kumvikana ihirikwa ry’ubutegetsi. Yemeza ko aho abaturage bahitamo guhirika ubuteget ...

“Abanyarwanda 98.1% bemeje ko bahagarariwe mu nzego zifata ibyemezo” MINUBUMWE


Mu ihuriro rya 18 ry’umuryango Unity Club Intwararumuri, Ministeri y’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano moberagihugu MINUBUMWE yamuritse ubushakashatsi bugaragaza igipimo cy’ubumwe n’ubudaheranwa bw’abanyarwanda ...

Ihuriro nyunguranabitekerezo ryagennye abakandida senateri 2


Frank Habineza wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije “GDPR” na Alphonse Nkubana wo mu ishyaka ry’ubwisungane bugamije iterambere “PSP” nibo batanzwe nk’abakandida Senateri muri Senat y’u Rwanda b ...

Abo turi bo

Murakaza neza ku rubuga rw’Ishyaka Riharanira Demokarasi ihuza Abanyarwanda (PDC). Duharanira kandi dushishikariza Abanyarwanda Demokarasi ishingiye k’Ubuvandimwe, Ubutabera n’Umurimo. PDC ni ishyaka riharanira demokarasi ishingiye ku bumuntu, burangwa no guha umuntu agaciro kamukwiye, bunamusaba kugira uruhare mu gutunganya isi no gutsura imibereho myiza n’ubusabane mu bayituye. Ubwo bumuntu bushingiye ahanini ku migenzo myiza y’imbonezabupfura no mu myifatire y’umuntu wese ukwiye iryo zina, ituma atandukana n’ibikoko cyangwa ibindi bintu bitagira ubwenge n’umutima.

Inkuru Nshya

Min. Nduhungirehe yabwiye abanyapolitiki ko UN nta masomo yakuye muri Jenoside yakorewe abatutsi

Mu Kiganiro yagejeje ku bahagarariye imitwe ya Politiki igize ihuriro nyunguranabitekerezo...

Inteko ishingamategeko yibukije abanyaburayi ko u Rwanda rwigenga

Kuwa 15 Nzeri 2025 Inteko ishingamategeko y’u Rwanda yasohoye imyanzuro yibutsa inteko...

Umunyamabanga mukuru wa PDC yashimye imyitwarire y’ urubyiruko n’abagore muri Politiki

Mu nama yahuje abahagarariye imitwe ya Politiki iri mu ihuriro nyunguranabitekerezo ry’imitwe...

Ubuyobozi bwa PDC

Hon. Maitre Mukabaranga Agnès

perezida

Hon. Gatera
Emmanuel

visi perezida wa mbere

Maitre Rwigema Vincent

visi perezida wa kabiri

Hon. Ndagijimana
Léonard

Umunyamabanga mukuru

Twandikire

    Email: info@pdc-rwanda.rw

    Tel: +250785530391