Ubutumwa bw’ishyaka PDC ku munsi w’intwari z’igihugu


Ishyaka riharanira Demokarasi ihuza abanyarwanda PDC ryifurije abanyarwanda bose umunsi mwiza w’intwari z’igihugu! Ubutwari n’ubumwe bw’abanyarwanda nta gushidikanya ko ari byo nkingi y’iterambere rirambye.



Ubwo twizihiz ...

“Ntuzigere utekereza kuba ikindi wabonye ahandi” Perezida Kagame


Mu butumwa yegeneye abitabiriye amasengesho yo gusabira igihugu kuwa 01 Gashyantare 2026 Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye abanyarwanda cyane cyane urubyiruko kwirinda guta umuco ngo bisanishe n’imico mvamahanga. Ashimangira ko umunyarwand ...

“Inzego z’umutekano dufite nizo nahoze nifuza.”Perezida Kagame


Perezida wa Repubulika akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yashimangiye ko ingabo z’u Rwanda ndetse n’izindi nzego z’umutekano u Rwanda rufite arizo yahoze yifuza. Ni mu butumwa busoza umwaka yageneye ...

Abo turi bo

Murakaza neza ku rubuga rw’Ishyaka Riharanira Demokarasi ihuza Abanyarwanda (PDC). Duharanira kandi dushishikariza Abanyarwanda Demokarasi ishingiye k’Ubuvandimwe, Ubutabera n’Umurimo. PDC ni ishyaka riharanira demokarasi ishingiye ku bumuntu, burangwa no guha umuntu agaciro kamukwiye, bunamusaba kugira uruhare mu gutunganya isi no gutsura imibereho myiza n’ubusabane mu bayituye. Ubwo bumuntu bushingiye ahanini ku migenzo myiza y’imbonezabupfura no mu myifatire y’umuntu wese ukwiye iryo zina, ituma atandukana n’ibikoko cyangwa ibindi bintu bitagira ubwenge n’umutima.

Inkuru Nshya

Perezida wa PDC yahanuye abitegura gushinga ingo

Mu butumwa yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X Hon Mukabaranga Agnes Perezida w’ishyaka...

Ibyo kuzirikana muri gahunda ya guverinoma y’imyaka 5

Ingingo ya 119 y’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda iteganya ko Minisitri w’intebe...

Byagenze bite ngo ishyaka PDC rireke kwitwa ishyaka rya Gikirisitu?

Biro Politiki y’ishyaka PDC yateraniye mu nama yo ku wa 04 Kanama 2013 yanzuye ko hashyizweho...

Ubuyobozi bwa PDC

Hon. Maitre Mukabaranga Agnès

perezida

Hon. Gatera
Emmanuel

visi perezida wa mbere

Maitre Rwigema Vincent

visi perezida wa kabiri

Hon. Ndagijimana
Léonard

Umunyamabanga mukuru

Twandikire

    Email: info@pdc-rwanda.rw

    Tel: +250785530391