Umunyamabanga mukuru wa PDC yashimye imyitwarire y’ urubyiruko n’abagore muri Politiki


Mu nama yahuje abahagarariye imitwe ya Politiki iri mu ihuriro nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda kuwa 10 Nzeri 2025 hamurikwa ibyavuye mu bushakashatsi bwakozwe ku kamaro k’ishuri ry’urubyiruko n’abagore ...

Perezida wa PDC yahanuye abitegura gushinga ingo


Mu butumwa yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X Hon Mukabaranga Agnes Perezida w’ishyaka riharanira demokarasi ihuza abanyarwanda (PDC) yibukije abitegura gushinga ingo ko atari icyemezo cyo gufata utaragitekerejeho neza. Anabigereranya n’ ...

Ibyo kuzirikana muri gahunda ya guverinoma y’imyaka 5


Ingingo ya 119 y’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda iteganya ko Minisitri w’intebe ashyikiriza inteko gahunda ya Guverinoma bitarenze iminsi 30 atangiye imirimo ye. Kuwa 12 Kanama 2025 Minisitri w’intebe Dr Justin NSENGIYUMVA yagejeje ku bagize gu ...

Abo turi bo

Murakaza neza ku rubuga rw’Ishyaka Riharanira Demokarasi ihuza Abanyarwanda (PDC). Duharanira kandi dushishikariza Abanyarwanda Demokarasi ishingiye k’Ubuvandimwe, Ubutabera n’Umurimo. PDC ni ishyaka riharanira demokarasi ishingiye ku bumuntu, burangwa no guha umuntu agaciro kamukwiye, bunamusaba kugira uruhare mu gutunganya isi no gutsura imibereho myiza n’ubusabane mu bayituye. Ubwo bumuntu bushingiye ahanini ku migenzo myiza y’imbonezabupfura no mu myifatire y’umuntu wese ukwiye iryo zina, ituma atandukana n’ibikoko cyangwa ibindi bintu bitagira ubwenge n’umutima.

Inkuru Nshya

RISA yahwituye abakoresha imbugankoranyambaga

Ikigo cy’ikoranabuhanga n’itangazamakuru RISA (Rwanda information Society Authority) cyasabye...

Ubuyobozi bwa PDC

Hon. Maitre Mukabaranga Agnès

perezida

Hon. Gatera
Emmanuel

visi perezida wa mbere

Maitre Rwigema Vincent

visi perezida wa kabiri

Hon. Ndagijimana
Léonard

Umunyamabanga mukuru

Twandikire

    Email: info@pdc-rwanda.rw

    Tel: +250785530391