Menya imigenzo myiza PDC yigisha


Ishyaka riharanira demokarasi ihuza abanyarwanda “PDC”ryiyemeje kugendera ku mahame remezo agarukamo cyane Demokarasi ishingiye ku bumuntu “ Humanism Based Democracy”. PDC iharanira Demokarasi ishingiye ku bumuntu, burangwa no guha umuntu aga ...

RGB yasabye imitwe ya Politiki kongera uruhare rwayo mu miyoborere myiza


Mu nama nyunguranabitekerezo ku ruhare rw’imitwe ya Politiki mu kwimakaza imiyoborere myiza, gukorera mu mucyo no kubazwa inshingano Umuyobozi mukuru w’urwego rw’imiyoborere RGB Dr. Uwicyeza Doris Picard yagaragaje ko imiyoborere u Rwan ...

“Abanyarwanda barangana imbere y’amategeko” NFPO yamaganye inteko y’uburayi


Inama rusange y’ihuriro nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda yabaye kuwa 18 Nzeri 2025 yatoye umwanzuro wo gusohora umwanzuro uhuriweho w’imitwe ya Politiki 11 ikorera mu Rwanda ryamagana imyanzuro y’inteko ...

Abo turi bo

Murakaza neza ku rubuga rw’Ishyaka Riharanira Demokarasi ihuza Abanyarwanda (PDC). Duharanira kandi dushishikariza Abanyarwanda Demokarasi ishingiye k’Ubuvandimwe, Ubutabera n’Umurimo. PDC ni ishyaka riharanira demokarasi ishingiye ku bumuntu, burangwa no guha umuntu agaciro kamukwiye, bunamusaba kugira uruhare mu gutunganya isi no gutsura imibereho myiza n’ubusabane mu bayituye. Ubwo bumuntu bushingiye ahanini ku migenzo myiza y’imbonezabupfura no mu myifatire y’umuntu wese ukwiye iryo zina, ituma atandukana n’ibikoko cyangwa ibindi bintu bitagira ubwenge n’umutima.

Inkuru Nshya

Ubuyobozi bwa PDC

Hon. Maitre Mukabaranga Agnès

perezida

Hon. Gatera
Emmanuel

visi perezida wa mbere

Maitre Rwigema Vincent

visi perezida wa kabiri

Hon. Ndagijimana
Léonard

Umunyamabanga mukuru

Twandikire

    Email: info@pdc-rwanda.rw

    Tel: +250785530391