“Inzego z’umutekano dufite nizo nahoze nifuza.”Perezida Kagame


Perezida wa Repubulika akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yashimangiye ko ingabo z’u Rwanda ndetse n’izindi nzego z’umutekano u Rwanda rufite arizo yahoze yifuza. Ni mu butumwa busoza umwaka yageneye ...

“Aho bahirika ubutegetsi 90% haba hari ibigenda nabi” Perezida Kagame


Mu kiganiro Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiranye n’abanyamakuru kuwa 27 Ugushyingo 2025 yabajijwe icyo avuga ku mpamvu zituma hirya no hino muri Afurika hakomeje kumvikana ihirikwa ry’ubutegetsi. Yemeza ko aho abaturage bahitamo guhirika ubuteget ...

“Abanyarwanda 98.1% bemeje ko bahagarariwe mu nzego zifata ibyemezo” MINUBUMWE


Mu ihuriro rya 18 ry’umuryango Unity Club Intwararumuri, Ministeri y’ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano moberagihugu MINUBUMWE yamuritse ubushakashatsi bugaragaza igipimo cy’ubumwe n’ubudaheranwa bw’abanyarwanda ...

Abo turi bo

Murakaza neza ku rubuga rw’Ishyaka Riharanira Demokarasi ihuza Abanyarwanda (PDC). Duharanira kandi dushishikariza Abanyarwanda Demokarasi ishingiye k’Ubuvandimwe, Ubutabera n’Umurimo. PDC ni ishyaka riharanira demokarasi ishingiye ku bumuntu, burangwa no guha umuntu agaciro kamukwiye, bunamusaba kugira uruhare mu gutunganya isi no gutsura imibereho myiza n’ubusabane mu bayituye. Ubwo bumuntu bushingiye ahanini ku migenzo myiza y’imbonezabupfura no mu myifatire y’umuntu wese ukwiye iryo zina, ituma atandukana n’ibikoko cyangwa ibindi bintu bitagira ubwenge n’umutima.

Inkuru Nshya

Ihuriro ryizihije isabukuru y’imyaka 20 rimaze rigiyeho

Mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 Ihuriro rimaze rigiyeho, haganiriwe ku ruhare rw’Imitwe ya...

Ubuyobozi bwa PDC

Hon. Maitre Mukabaranga Agnès

perezida

Hon. Gatera
Emmanuel

visi perezida wa mbere

Maitre Rwigema Vincent

visi perezida wa kabiri

Hon. Ndagijimana
Léonard

Umunyamabanga mukuru

Twandikire

    Email: info@pdc-rwanda.rw

    Tel: +250785530391