Read more about the article “Aho bahirika ubutegetsi 90% haba hari ibigenda nabi” Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu kiganiro n'abanyamakuru

“Aho bahirika ubutegetsi 90% haba hari ibigenda nabi” Perezida Kagame

Mu kiganiro Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiranye n’abanyamakuru kuwa 27 Ugushyingo 2025 yabajijwe icyo avuga ku mpamvu zituma hirya no hino muri Afurika hakomeje kumvikana ihirikwa ry’ubutegetsi. Yemeza ko…

Continue Reading“Aho bahirika ubutegetsi 90% haba hari ibigenda nabi” Perezida Kagame

“Abanyarwanda 98.1% bemeje ko bahagarariwe mu nzego zifata ibyemezo” MINUBUMWE

Mu ihuriro rya 18 ry'umuryango Unity Club Intwararumuri, Ministeri y'ubumwe bw'abanyarwanda n'inshingano moberagihugu MINUBUMWE yamuritse ubushakashatsi bugaragaza igipimo cy'ubumwe n'ubudaheranwa bw'abanyarwanda mu mwaka wa 2025. Uretse izamuka ry'ibipimo by'ubumwe n'ubudaheranwa…

Continue Reading“Abanyarwanda 98.1% bemeje ko bahagarariwe mu nzego zifata ibyemezo” MINUBUMWE
Read more about the article Ihuriro nyunguranabitekerezo ryagennye abakandida senateri 2
Frank Habineza na Alphonse Nkubana nibo bemejwe n'ihuriro nk'abakandida Senateri

Ihuriro nyunguranabitekerezo ryagennye abakandida senateri 2

Frank Habineza wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije "GDPR" na Alphonse Nkubana wo mu ishyaka ry’ubwisungane bugamije iterambere "PSP" nibo batanzwe nk'abakandida Senateri muri Senat y'u Rwanda bagomba…

Continue ReadingIhuriro nyunguranabitekerezo ryagennye abakandida senateri 2
Read more about the article RGB yasabye imitwe ya Politiki kongera uruhare rwayo mu miyoborere myiza
Umuyobozi Mukuru wa RGB Dr Uwicyeza Doris Picard

RGB yasabye imitwe ya Politiki kongera uruhare rwayo mu miyoborere myiza

Mu nama nyunguranabitekerezo ku ruhare rw'imitwe ya Politiki mu kwimakaza imiyoborere myiza, gukorera mu mucyo no kubazwa inshingano Umuyobozi mukuru w'urwego rw'imiyoborere RGB Dr. Uwicyeza Doris Picard yagaragaje ko imiyoborere…

Continue ReadingRGB yasabye imitwe ya Politiki kongera uruhare rwayo mu miyoborere myiza

“Abanyarwanda barangana imbere y’amategeko” NFPO yamaganye inteko y’uburayi

Inama rusange y'ihuriro nyunguranabitekerezo ry'imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda yabaye kuwa 18 Nzeri 2025 yatoye umwanzuro wo gusohora umwanzuro uhuriweho w'imitwe ya Politiki 11 ikorera mu Rwanda ryamagana imyanzuro…

Continue Reading“Abanyarwanda barangana imbere y’amategeko” NFPO yamaganye inteko y’uburayi

Min. Nduhungirehe yabwiye abanyapolitiki ko UN nta masomo yakuye muri Jenoside yakorewe abatutsi

Mu Kiganiro yagejeje ku bahagarariye imitwe ya Politiki igize ihuriro nyunguranabitekerezo ry'imitwe ya Politiki mu Rwanda, Minisitiri w'ububanyi n'amahanga n'ubutwererane w'u Rwanda Amb. Olivier Jean Parick Nduhungirehe yagaragaje ko Umuryango…

Continue ReadingMin. Nduhungirehe yabwiye abanyapolitiki ko UN nta masomo yakuye muri Jenoside yakorewe abatutsi

Umunyamabanga mukuru wa PDC yashimye imyitwarire y’ urubyiruko n’abagore muri Politiki

Mu nama yahuje abahagarariye imitwe ya Politiki iri mu ihuriro nyunguranabitekerezo ry'imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda kuwa 10 Nzeri 2025 hamurikwa ibyavuye mu bushakashatsi bwakozwe ku kamaro k'ishuri ry'urubyiruko…

Continue ReadingUmunyamabanga mukuru wa PDC yashimye imyitwarire y’ urubyiruko n’abagore muri Politiki