“Ntuzigere utekereza kuba ikindi wabonye ahandi” Perezida Kagame
Mu butumwa yegeneye abitabiriye amasengesho yo gusabira igihugu kuwa 01 Gashyantare 2026 Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye abanyarwanda cyane cyane urubyiruko kwirinda guta umuco ngo bisanishe n'imico mvamahanga. Ashimangira…